Umuhanzi Jay Polly abona hari byinshi abahanzi nyarwanda bakwiye kwigira ku muziki w’ibindi bihugu.

  • 11 years ago
Umuririmbyi w’injyana ya Hip Hop Jay Polly ,ni umwe mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe.Nk’uko bigaragara muri video,imiririmbire ye ihagurutsa banyabirori ku buryo budasanzwe

Aganira n’umunyamakuru w’Igihe Tv yavuze ko abona umuziki nyarwanda ugeze ku rwego rushimishije , ariko agasanga nanone bidakwiye ko abanyarwanda birara ahubwo bakwiye kurebera ku bandi maze bagaheraho bakomeza gutera imbere. Ku bwa Jay Polly ibirori nka FESPAD bikwiye kubera abahanzi nyarwanda umwanya wo kuzamuka kuko ngo iyo babonye ibyiza abandi babarusha bibatera ishyaka ryo gukora ibihangano bifite umwihariko.

Recommended