Ikinyoma cya Uganda ku ishimutwa ry'abaturage bayo || U Burundi bwanze kwakira abaturage babwo baje kwivuza mu Rwanda- Dr Biruta yabisobanuye byose
  • 4 years ago
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko ibaruwa ya Uganda isaba abaturage bayo guhagarika ingendo mu Rwanda yayibonye ndetse ko ari uburenganzira bw’iki gihugu kugira inama abaturage bacyo, gusa ibivugwamo ko ingabo z’u Rwanda zinjira muri Uganda zigashimuta abaturage byo atari ukuri ahubwo bikorwa n’Ingabo za Uganda zigeze gutwara umunyarwanda akarekurwa ari uko atanze amafaranga.

Dr Vincent Biruta yanavuze ko bitangaje kumva u Rwanda rushinjwa ko rwabujije impunzi z’Abarundi gutahuka mu gihe hari Abarundi baje mu Rwanda kwivuza ariko bagerageza gutaha mu gihugu cyabo kikabangira kwinjira.
Recommended